Home >>
Posts made in January, 2012
Residents of Nyamagabe district have raised complains that they own television sets which are just like decorations because most of the time they cannot watch news or any other TV show because of poor signals.
Musafiri Emmanuel who is a teacher in the area testifies that he bought a TV set two years ago, but has never been able to...
read more
Abakunzi b’inyakiramajwi “radio Salus” bo mu karere ka Nyamagabe, baravuga ko bongeye kunezezwa na radio yabo yari Imaze ibyumweru hafi icyenda idakora, ubu ikaba yatangiye kumvikana hirya no hino mu gihugu.
Silas Bihoyiki atuye mu murenge wa Nkomane mu karere ka Nyamagabe, aravuga ko yongeye kunezezwa no kumva ibiganiro bari...
read more
Abaturage batuyuye mu karere ka Nyamagabe, abenshi usanga batunze amateleviziyo ariko ngo ntacyo abamariye, kuko abenshi bayabitse kubera ikibazo cyo kutagaragara.
Musafari Emmanuel ni umwarimu, avuga ko amaze igihe cy’imyaka ibiri aguze televiziyo, ngo yayiguze kugirango azajye akurikirana amakuru atandukanye, ariko...
read more
Abakozi ba radiyo Rwanda bari mu karere ka Nyamasheke mu rwego rwo guhura n’abafite ibihangano bitandukanye ngo babafatire amajwi maze bibashe kumenyekana ndetse naba nyirabyo bamenyekane. Abafite indirimbo, imbyino, ibyivugo, imivugo, amahamba, imigani, ibisakuzo n’ibindi, bakaba bahawe umwanya wo gushyira ahagaragara...
read more
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Burera baturiye umupaka ugabanya u Rwanda na Uganda baratangaza ko kuba batumva neza amaradiyo yo mu Rwanda bituma batamenya amakuru ahagije yo mu Rwanda.
Abo baturage bavuga ko amaradiyo bakunze kumva cyane ari ay’i Bugande kuko ari yo yuvikana neza muri ako gace.
Uwitwa Manirakiza Gedeon utuye...
read more
Follow Us!