Ibi byagaragajwe na Kalisa Narcisse, umuyobozi w’umuryango utegamiye kuri Leta ugamije gukemura amakimbirane mu mahoro (SFCG), kuwa 13 Nyakanga, 2012 mu mahugurwa yahuje abakozi batandukanye bo mu Karere ka Huye, abahagarariye polisi n’ingabo ndetse n’abanyamakuru bakorera mu Karere ka Huye.
Avuga ko umuyobozi akoze neza...
read more
Umuryango ugamije gukemura amakimbirane mu mahoro (Search For Common Ground) urasaba abanyamakuru kujya bagira umuco wo gukora inkuru zifitiye akamaro abaturage kuko bimaze kugaragara ko hari abatari bake bataye umurongo wabo.
Ibi bakaba babitangaje kuri uyu wa mbere tariki ya 4 kamena...
read more
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’inama nkuru y’itangazamakuru aravuga ko abanyamakuru bakwiye gusura abo bakorera kugirango bamenye neza uko babayeho bityo babashe kubakorera ubuvugizi.
Mugisha Emmanuel ibi yabitangaje tariki14/06/2012, ubwo abakozi b’inama nkuru y’itangazamakuru hamwe n’abanyamakuru basuraga abana...
read more
Follow Us!