Rutsiro: Abasomyi b ibinyamakuru bya ORINFOR barinuba ko batabibonera igihe

Kimwe n’utundi turere two mu cyaro, abasomyi b’ibinyamakuru bya ORINFOR mu karere ka Rutsiro barasaba ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru ORINFOR, ko cyahindura uburyo kigeza ibinyamakuru byacyo kubabigura kuko bitabagereraho igihe. Ibi babitangaje nyuma y’uko haba aka karere n’abandi basoma ibi binyamakuru, bamaze igihe...

read more

Abatuye mu byaro nabo barasa ko itangazamakuru ryandika ryajya ribageraho

Jan 10, 12 Abatuye mu byaro nabo barasa ko itangazamakuru ryandika ryajya ribageraho

Posted by in Ibinyamakuru

  Mu Rwanda ubu habarizwa itangazamakuru ry’ ingeri nyinshi ariko ikigaragara  cyo siko  ryose rigera ku banyarwanda bose. Itangazamakuru twavuga ko rigera baturage hafi ya bose mu Rwanda ni amaRadio.  Abaturage batuye ahatari mu migi  bakaba bavuga ko  itangazamakuru ryandika ritabageraho nyamara ko baba bakeneye...

read more

Featuring Recent Posts WordPress Widget development by YD